Siporo

Rutahizamu wa APR FC ni we washimishije umutoza Abdou Mbarushimana

Rutahizamu wa APR FC ni we washimishije umutoza Abdou Mbarushimana

Umutoza wa Bugesera FC, Mbarushimana Abdou avuga ko umwe mu bakinnyi yatoje bamushimishije ari rutahizamu wa APR FC, Bizimana Yannick.

Bizimana Yannick yatojwe na Abdou Mbarushimana ubwo yakinaga muri AS Muhanga.

Muri 2019 ubwo AS Muhanga yakinaga APR FC mu mukino wa shampiyona yaje gutsinda iyi kipe y’ingabo z’igihugu 2-0 bya Yannick Bizimana, byatumye APR FC ihita inatakaza amahirwe ku gikombe.

Umutoza Abdou Mbarushimana watozaga iyi kipe ya AS Muhanga icyo gihe, yavuze ko Yannick Bizimana ukinira APR FC bazahura ku munsi w’ejo muri shampiyona ari umwe mu bakinnyi beza yatoje.

Ati "mu bakinnyi navuga ko Yannick Bizimana wantsindiye APR FC ari umwe mu bakinnyi banshimishije."

APR FC na Rayon Sports zizahura ku munsi w’ejo muri shampiyona bakina umunsi wa 8.

Yannick Bizimana wavuye muri AS Muhanga yerekeza muri Rayon Sports 2019, ayivamo 2020 ajya muri APR FC ni umwe mu bakinnyi bitezwe kuri uyu mukino uzaba ku munsi w’ejo.

Ubwo yari muri AS Muhanga yatsinze APR FC ibitego 2 byayibujije igikombe
Abdou yavuze ko uyu mukinnyi ari umwe mu beza yat
)

Tanga igitekerezo

Ibitekerezo

IZASOMWE CYANE

To Top